PRESIDENTIAL ORDER N°144/01 OF 13/04/2017 DETERMINING MODALITIES FOR RECRUITMENT, APPOINTMENT AND NOMINATION OF PUBLIC SERVANTS
This Order sets the rules for recruiting, appointing, and nominating public servants.
AI-assisted research synopsis — verify against the official legal text below.
- Jurisdiction
- Rwanda
- Instrument
- Order
- Citation
- 144/01 OF 13/04/2017
- Status
- Not in force
- Version
- Undated source snapshot
- Language
- mul
- Updated
- Official source
- View official record ↗
Statute overview
About this statute
This Order sets the rules for recruiting, appointing, and nominating public servants. This Order applies to public servants under the general public service statutes, and also to those under special statutes if those statutes do not set a special recruitment procedure. This article defines key terms used in the Order. Umutwe usaba urwego rushaka abakozi gukoresha ipiganwa risesuye, kandi urushaka gukoresha ipiganwa ry’abakozi basanzwe barwo gusa rubikora ari uko Komisiyo ibihaye uruhushya. Each public institution must set up an internal recruitment committee with three members.
Search within this statute
Search all stored provisions in this version.
Legal text
Provisions of PRESIDENTIAL ORDER N°144/01 OF 13/04/2017 DETERMINING MODALITIES FOR RECRUITMENT, APPOINTMENT AND NOMINATION OF PUBLIC SERVANTS
Showing 41 of 41
- 1 Verify source ↗
Icyo iri teka rigamije
AI-assisted research summary: This Order sets the rules for recruiting, appointing, and nominating public servants.
Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije Article One: Purpose of this Order Article premier: Objet du présent arrêté Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije Article One: Purpose of this Order Article premier: Objet du présent arrêté Iri teka rigena uburyo bwo gushaka, gushyiraho no gushyira mu myanya abakozi ba Leta. This Order determines modalities for recruitment, appointment and nomination of public servants. Le présent arrêté détermine les modalités de recrutement, d’affectation et de nomination des agents de l’Etat. - 2 Verify source ↗
Abarebwa n’iri teka
AI-assisted research summary: This Order applies to public servants under the general public service statutes, and also to those under special statutes if those statutes do not set a special recruitment procedure.
Ingingo ya 2: Abarebwa n’iri teka Article 2: Scope of application Article 2: Champ d’application Ingingo ya 2: Abarebwa n’iri teka Article 2: Scope of application Article 2: Champ d’application Iri teka rireba abakozi ba Leta bagengwa na sitati rusange igenga abakozi ba Leta. This Order applies to public servants governed by general statutes for public service. Le présent arrêté s’applique aux agents de l’Etat régis par le statut général de la fonction publique. Iri teka rireba kandi abakozi ba Leta bagengwa na sitati zihariye iyo izo sitati zidateganya uburyo bwihariye bwo gushaka abakozi. This Order also applies to public servants governed by special statutes where those statutes do not provide for special recruitment procedures. Le présent arrêté s’applique également aux agents de l’état régis par les statuts particuliers au cas où ces statuts ne prévoient pas de procédures particulières de recrutement. - 3 Verify source ↗
Ibisobanuro by’amagambo
AI-assisted research summary: This article defines key terms used in the Order.
Ingingo ya 3: Ibisobanuro by’amagambo Article 3: Definitions of terms Article 3: Définitions des termes UMUTWE WA II: UBURYO BWO GUSHAKA ABAKOZI BA LETA CHAPTER RECRUITMENT OF PUBLIC SERVANTS II: MODALITIES FOR CHAPITRE RECRUTEMENT DES AGENTS DE L’ETAT MODALITES II: DE Ingingo ya 3: Ibisobanuro by’amagambo Article 3: Definitions of terms Article 3: Définitions des termes Muri iri teka, amagambo akurikira asobanuwe ku buryo bukurikira: For the purposes of this Order, the following terms are defined as follows: Aux fins du présent arrêté, les termes ci – après sont définis comme suit: 1º Komisiyo: Komisiyo ishinzwe abakozi ba 1º Commission: Public Service Commission; 1º Commission: Commission de la Fonction Leta; Publique; 2º Minisitiri: Minisitiri ufite abakozi ba Leta mu 2º Minister: Minister in charge of public 2º Ministre: Ministre ayant la fonction publique nshingano ze; service; dans ses attributions; 3º inzira y’ikoranabuhanga mu itumanaho mu umuyoboro abakozi: gushaka itumanaho w’ikoranabuhanga wabugenewe, wifashishwa mu gushaka abakozi ba Leta. mu 3º e-recruitment appropriate electronic program for recruitment of public servants. process: 43 3º recrutement en ligne programme électronique établi pour recrutement des agents de l’Etat. électronique: le UMUTWE WA II: UBURYO BWO GUSHAKA ABAKOZI BA LETA CHAPTER RECRUITMENT OF PUBLIC SERVANTS II: MODALITIES FOR Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 CHAPITRE RECRUTEMENT DES AGENTS DE L’ETAT MODALITES II: DE - 4 Verify source ↗
Ibisabwa mu gushaka umukozi wa
AI-assisted research summary: Umutwe usaba urwego rushaka abakozi gukoresha ipiganwa risesuye, kandi urushaka gukoresha ipiganwa ry’abakozi basanzwe barwo gusa rubikora ari uko Komisiyo ibihaye uruhushya.
Ingingo ya 4: Ibisabwa mu gushaka umukozi wa Leta Article 4: Requirements for recruitment of a public servant Article 4: Exigences pour le recrutement d’un agent de l’Etat Ingingo ya 4: Ibisabwa mu gushaka umukozi wa Leta Article 4: Requirements for recruitment of a public servant Article 4: Exigences pour le recrutement d’un agent de l’Etat Gutanga umurimo mu butegetsi bwa Leta bikorwa gusa iyo hubahirijwe ibisabwa bikurikira: Recruitment of a public servant on a post in Public Service is only carried out if the following requirements are fulfilled: Le recrutement d’un poste d’emploi dans la fonction publique n’est effectué que si les conditions suivantes sont remplies: 1º imbonerahamwe y’urwego n’urwego rubifitiye ububasha; y’imyanya umukozi rushaka y’imirimo yaremejwe 1º the organizational structure of the concerned institution was approved by the competent authority; 1º la structure organisationnelle de l’institution concernée a été approuvée par l’autorité compétente; 2º umwanya w’umurimo ushakirwa umukozi 2º the job position to be occupied is vacant; 2º le poste d’emploi à remplir est vacant; udafite umukozi wawemejweho; 3º umwanya w’umurimo ushakirwa umukozi 3º the vacant job position is budgeted for; 3º le budget du poste à occuper a été prevu; wateganyirijwe ingengo y’imari; 4º umwanya w’umurimo ushakirwa umukozi wakorewe inshingano zawo zemejwe n’urwego rubifitiye ububasha. 4º the vacant job position has a job description the competent that was approved by authority. 4º le poste vacant a une description d’emploi approuvée par l’autorité compétente. Urwego rushaka abakozi rugomba gukoresha ipiganwa risesuye. The recruiting institution must do so through open competition. L’institution qui désire recruter doit le faire par appel des candidatures ouvert au public. Icyakora, iyo Komisiyo yabitangiye uruhushya, urwego rushobora gukoresha ipiganwa ryitabirwa gusa n’abasanzwe ari abakozi barwo. However, with the Commission, the concerned institution may use only an internal recruitment process. the authorization of Toutefois, sur autorisation de la Commission, l’institution concernée peut utiliser seulement le processus de recrutement interne. 44 - 5 Verify source ↗
Akanama gashinzwe gushaka
AI-assisted research summary: Each public institution must set up an internal recruitment committee with three members.
Ingingo ya 5: Akanama gashinzwe gushaka abakozi mu rwego rwa Leta Article 5: Internal recruitment committee in a public institution Article 5: Comité interne de recrutement au sein d’une institution publique Ingingo ya 5: Akanama gashinzwe gushaka abakozi mu rwego rwa Leta Article 5: Internal recruitment committee in a public institution Article 5: Comité interne de recrutement au sein d’une institution publique Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 Buri rwego rushyiraho akanama gashinzwe gushaka (3) abakozi barwo kagizwe n’abantu batatu bakurikira: Each institution recruitment Committee following three (3) persons: establishes an composed of internal the 1º Umuyobozi w’ishami ufite abakozi mu nshingano ze, ari na we Perezida w’akanama; 1º a Director in charge of human resources, as Chairperson of the committee; Chaque institution doit mettre en place un Comité interne de recrutement composé de trois (3) personnes suivantes: 1º le Directeur d’unité ayant les ressources humaines dans ses attributions, en est le Président; 2º umukozi ufite imicungire y’abakozi mu nshingano ze, ari na we Munyamabanga w’akanama; 3º umukozi umwe (1) ushyirwaho n’ubuyobozi bw’urwego nk’umujyanama w’akanama. 2º a Human Resources Officer, as Secretary of 2º le chargé des ressources humaines, en est le the committee; Secrétaire; 3º one employee nominated by the management of the institution as an advisor of the committee. 3º un employé nommé en tant que conseiller du comité par l’administration de l’institution. Perezida n’Umunyamabanga ni abanyamuryango bahoraraho b’akanama. Umujyanama w’akanama agira manda y’umwaka umwe (1), ishobora kongerwa inshuro imwe gusa. The Chairperson and the committee are permanent members. The advisor of the committee is nominated for a term of one (1) year renewable only once. the Secretary of Le Président et le Secrétaire sont des membres permanents du comité. Le Conseiller du comité est nommé pour un mandat d’une (1) année renouvelable une seule fois. - 6 Verify source ↗
Inshingano z’akanama gashinzwe
AI-assisted research summary: The internal recruitment committee must oversee recruitment, advise the institution, and resolve issues arising from recruitment competitions.
Ingingo ya 6: Inshingano z’akanama gashinzwe gushaka abakozi mu rwego Article recruitment committee 6: Responsibilities of internal Article 6: Attributions du comité interne de recrutement Ingingo ya 6: Inshingano z’akanama gashinzwe gushaka abakozi mu rwego Article recruitment committee 6: Responsibilities of internal Article 6: Attributions du comité interne de recrutement Akanama gashinzwe gushaka abakozi b’urwego gafite inshingano zikurikira: The recruitment committee has the following responsibilities: Le comité de recrutement a suivantes: les attributions 1º gukurikirana uburyo amapiganwa yo gushaka 1º to oversee the process of recruitment; 1º superviser le processus de recrutement; abakozi akorwa; 45 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 2º gutanga inama ku rwego zigamije kugira ngo amapiganwa akorwa hashakishwa abakozi akorwe mu buryo bunoze; 2º to provide advice to the institution with the aim of conducting a proper recruitment process; 2º conseiller l’institution pour un recrutement adequat ; 3º gukemura ibibazo bishingiye ku mapiganwa akorwa hashakishwa abakozi hagamijwe kugira inama urwego. - 7 Verify source ↗
Gutangaza umwanya ukenewemo
AI-assisted research summary: Recruiting institutions must publish vacant posts online before exams and include specific vacancy details; they may use other electronic methods in limited cases and must leave at least five working days before the application deadline.
Ingingo ya 7: Gutangaza umwanya ukenewemo umukozi Article 7: Announcement of a vacant post Article 7: Publication du poste vacant 37 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 Ingingo ya 7: Gutangaza umwanya ukenewemo umukozi rutanga rushaka umukozi Urwego itangazo rimenyekanisha umwanya ukenewemo umukozi hakoreshejwe y’ikoranabuhanga mu itumanaho mu gushaka abakozi no ku rubuga rwarwo interineti mbere yo gukoresha ibizamini. inzira rwa hari uburyo bwihariye Icyakora, iyo umwanya ushakirwa umukozi usaba ubumenyi bushobora gukurwa hanze y’Igihugu bugomba cyangwa gukoreshwa mu gushaka abakozi ba Leta bo mu cyiciro runaka, urwego bireba rushobora gukoresha ubundi bw’ikoranabuhanga butandukanye n’uburyo buvugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. Mu rwego rwo kurushaho kumenyekanisha umwanya ukeneye umukozi, urwego rukeneye abakozi rusaba mu nyandiko Komisiyo uburenganzira bwo kugena ubundi buryo buboneye bwakoreshwa. buboneye buryo 3º to resolve litigations related to recruitment with the aim of advising the institution. 3º traiter les litiges liés au recrutement en vue de conseiller l’institution. Article 7: Announcement of a vacant post Article 7: Publication du poste vacant The recruiting institution advertises the vacant post using E-recruitment and its website before conducting exams. L’institution qui désire recruter, annonce le poste ligne vacant en utilisant électronique et son site web avant de faire passer des examens. le recrutement en However, if the vacant post requires foreign expertise or if there is need for special recruitment procedure for public servants of a given category, the concerned institution may use other electronic means different from those provided for in Paragraph One of this Article. In the context of maximizing awareness of the vacant job position, the recruiting institution, in writing, requests the Commission authorization to determine other appropriate method of recruitment. Toutefois, lorsque le poste vacant requiert des compétences qui peuvent être trouvées à l’extérieur du pays ou lorsque des procédures spéciales de recrutement des agents de l’Etat d’une catégorie donnée sont exigées, l’institution concernée peut utiliser d’autres moyens électroniques appropriés différents de ceux prévus à l’alinéa premier du présent article. Pour mieux diffuser l’information sur le poste d’emploi vacant, l’institution qui désire recruter adresse une requête écrite à la Commission l’autorisation d’utiliser une autre demandant procédure de recrutement appropriée. Itangazo ry’umwanya rigomba kuba rigizwe n’ibi bikurikira: ukenewemo umukozi Announcement of a vacant post must contain the following details: Le communiqué du poste vacant doit contenir les détails suivants: 1º inyito y’umwanya; 1º job title; 1º le titre de l’emploi; 46 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 2º urwego rw’umurimo n’umubare w’imyanya 2º job level and number of vacant job positions; 2º le niveau d’emploi et le nombre de postes y’umurimo ishakirwa abakozi; d’emploi vacant; 3º umuyobozi uyobora umukozi ku rwego rwa 3º direct supervisor; 3º le supérieur hiérarchique direct; mbere; 4º inshingano z’umwanya n’ibisabwa kuri uwo mwanya bisa neza n’ibiri mu mbonerahamwe rubifitiye y’imirimo yemejwe n’urwego ububasha; 4º job description and job profile exactly as provided for in the organizational structure approved by the competent authority; 4º la description du poste et le profil d’emploi tel structure l’autorité qu’ils la organisationnelle approuvée par compétente; repris dans sont 5º itariki ntarengwa yo gutanga dosiye isaba 5º closing date of submission of application file; 5º la date limite de dépôt du dossier de demande akazi; d’emploi; 6º amazina y’umuyobozi washyize umukono ku itangazo n’itariki yawushyiriyeho. 6º names of the authority who signs announcement and date of signature. the 6º les noms de l’autorité qui a signé le communiqué et la date de signature. y’umunsi w’itangazwa Hagati ry’umwanya ushakirwa umukozi n’umunsi ntarengwa wo kwakira nzira isabirwamo akazi, hagomba y’ikoranabuhanga kubamo iminsi itanu (5) y’akazi nibura. binyujijwe mu amadosiye There must be at least five (5) working days between the date of announcement of the job vacancy and the deadline for receiving electronic applications. Entre la date de la publication du communiqué et la date limite de dépôt des dossiers électroniques de demande d’emploi, il doit y avoir au moins cinq (5) jours ouvrables. - 8 Verify source ↗
Uburyo bwo gusaba akazi
AI-assisted research summary: Job applicants must apply electronically and submit supporting identity and degree documents; applicants with disabilities must state the nature of the disability if special exam conditions are needed.
Ingingo ya 8: Uburyo bwo gusaba akazi Article 8: Job application procedure Article 8: Procédure de demande d’emploi article 8; Dusubiye ku Iteka rya Perezida nº46/01 ryo ku wa 29/07/2011 rigena uburyo bwo gushaka no gushyira mu myanya abakozi bakora mu nzego z’imirimo ya Leta; Having reviewed Presidential Order nº46/01 of the 29/07/2011 determining modalities recruitment, appointment and nomination of public servants; for Revu l’Arrêté Présidentiel nº46/01 du 29/07/2011 recrutement, les modalités de déterminant d’affectation et de nomination des agents de l’administration publique; Bisabwe na Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo; On proposal by the Minister of Public Service and Labour; Sur proposition du Ministre de la Fonction Publique et du Travail; Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 09/12/2016 imaze kubisuzuma no kubyemeza; After consideration and approval by the Cabinet, in its session of 09/12/2016; Après examen et adoption par le Conseil des Ministres, en sa séance du 09/12/2016; TWATEGETSE KANDI DUTEGETSE: HAVE ORDERED AND HEREBY ORDER: AVONS ARRETE ET ARRETONS: 42 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE CHAPTER ONE: GENERAL PROVISIONS CHAPITRE GENERALES PREMIER: DISPOSITIONS Ingingo ya 8: Uburyo bwo gusaba akazi Article 8: Job application procedure Article 8: Procédure de demande d’emploi Umuntu usaba akazi ku mwanya watangajwe agomba kuzuza akanohereza ifishi ikoze mu buryo bw’ikoranabuhanga inzira itumanaho mu gushaka y’ikoranabuhanga mu abakozi. akoresheje Any job applicant for the advertised job position must fill and submit an electronic job application form using online E- recruitment process. Le demandeur d’emploi doit remplir et envoyer une fiche électronique de demande d’emploi en utilisant le recrutement en ligne électronique. Umuntu usaba akazi agomba kandi gufotoza mu buryo bubika kopi y’ikoranabuhanga kandi akohereza y’umwimerere cyangwa ikiyisimbura na kopi y’impamyabumenyi indangamuntu ye Any job applicant must also scan and send his/her original national identity card or its equivalent and a copy of his/her degree to the recruiting institution using E-recruitment process. Le demandeur d’emploi doit également scanner et envoyer l’original de sa carte d’identité ou son équivalent et la copie de son diplôme à l’institution 47 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 ku rwego rushaka umukozi hifashishijwe inzira y’ikoranabuhanga mu itumanaho mu gushaka abakozi. Iyo umuntu usaba akazi afite ubumuga, kandi akaba akwiye umwihariko mu gukoreshwa ikizamini, agomba kubigaragaraza muri dosiye ye isaba akazi, yandika ahabugenewe ubwoko bw’ubumuga afite. special If the job applicant is a person with disability who deserves the examination process, he/she must specify the nature of his/ her disability in the appropriate box on the application form. conditions during qui désire recruter en utilisant le recrutement en ligne électronique. Lorsque le demandeur d’emploi est une personne handicapée, qui requiert des conditions particulières lors de l’examen, il doit mentionner la nature de son handicap dans la case appropriée. Iyo nta bantu basaba akazi babonetse ku myanya yatangajwe inshuro eshatu (3), urwego rushaka abakozi rubimenyesha Minisitiri na Komisiyo bagasuzuma uburyo uwo mwanya wabonerwa umukozi. Where no applications have been received for posts that were advertised three (3) times, the recruiting institution informs the Minister and the Commission in order to devise other means of filling the vacant post. Lorsqu’il n’y a pas eu de demande reçue pour les postes publiés trois (3) fois, l’institution qui désire recruter en informe le Ministre et la Commission, afin de concevoir d’autres moyens pour combler le poste vacant. - 9 Verify source ↗
Gutoranya abakandida bazakora
AI-assisted research summary: Before exams, the recruiting institution must publish the list of selected and rejected candidates, explain rejections, notify candidates electronically, and use at least three designated persons to do the shortlisting.
Ingingo ya 9: Gutoranya abakandida bazakora ibizamini Article 9: Shortlisting of candidates Article 9: Présélection des candidats Ingingo ya 9: Gutoranya abakandida bazakora ibizamini Article 9: Shortlisting of candidates Article 9: Présélection des candidats rugomba kugaragaza Mbere yo gukoresha ibizamini, urwego rushaka urutonde abakozi rw’abakandida bemerewe n’abatemerewe gukora ikizamini n’impamvu batemerewe. Urutonde rutangazwa hifashishijwe inzira y’ikoranabuhanga itumanaho mu gushaka abakozi kandi mu abakandida bakabimenyeshwa hifashishijwe E- mails n’ubutumwa bugufi kuri telefoni. Before exams, the recruiting institution must publish a list of candidates selected and those who are not selected to sit for the exams and the reasons for elimination of the latter. The list must be published using E-recruitment process and candidates must be notified through E-mails and telephone short messaging system. Avant de faire passer l’examen, l’institution qui désire recruter doit publier la liste des candidats retenus et celle des candidats non retenus au concours ainsi que les motifs de leur élimination. La liste est publiée en utilisant le recrutement en ligne électronique, par E-mails et par voie du système de messagerie téléphonique. Gutegura no kwemeza urutonde rw’abemerewe n’abatemerewe gukora ikizamini bikorwa n’abantu nibura batatu (3) bagenwe n’umuyobozi ubifitiye ububasha w’urwego rushaka umukozi. The shortlisting is done by at least three (3) persons (3) designated by the competent authority of the recruiting institution. La présélection des candidats est faite par trois (3) personnes au moins désignées par l’autorité compétente de l’institution qui désire recruter. 48 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 - 10 Verify source ↗
Igihe cyo gutoranya abakandida
AI-assisted research summary: Candidates must be shortlisted within five working days after the application closing date.
Ingingo ya 10: Igihe cyo gutoranya abakandida bazakora ibizamini Article 10: Duration candidates for shortlisting of Article 10: Délai de présélection des candidats Ingingo ya 10: Igihe cyo gutoranya abakandida bazakora ibizamini Article 10: Duration candidates for shortlisting of Article 10: Délai de présélection des candidats Gutoranya abakandida bazakora ibizamini bikorwa mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) y’akazi uhereye ku itariki ntarengwa abakandida bagomba kuba batangiyeho amadosiye asaba akazi. Shortlisting of candidates is carried out within a period of five (5) working days from the closing date of submission of applications. La présélection des candidats se fait dans un délai ne dépassant pas cinq (5) jours ouvrables à partir de la date limite de dépôt des candidatures. - 11 Verify source ↗
Itegurwa ry’ibizamini
AI-assisted research summary: The recruiting institution may ask for help to prepare, run, and mark exams. Candidates must take a written exam and an oral interview, examiners must know the subject matter, the oral panel must have at least three members, and exams may be in three official languages with a French-and-English requirement if not in Kinyarwanda.
Ingingo ya 11: Itegurwa ry’ibizamini Article 11: Preparation of exams Article 11: Préparation des examens Ingingo ya 11: Itegurwa ry’ibizamini Article 11: Preparation of exams Article 11: Préparation des examens Urwego rushaka abakozi rushobora kwiyambaza, iyo bibaye ngombwa urundi rwego rwa Leta usibye Komisiyo cyangwa rukiyambaza biro y’impuguke mu gutegura, gukoresha no gukosora ibizamini. The recruiting institution may, if necessary, seek assistance of another public institution, with the Commission or hire a exception of consultancy firm to prepare, conduct and mark exams. L’institution qui désire recruter peut, en cas de besoin, faire recours à une autre institution publique autre que la Commission ou à un bureau de consultance pour préparer, administrer et corriger les examens. Umukandida wemerewe akora ikizamini cyanditse n’ikizamini gikozwe ku buryo bw’ikiganiro. Ibizamini byose hamwe bibarirwa amanota angana n’ijana ku ijana (100%). A candidate must sit for a written exam and oral interview. All exams are rated on a total score of one hundred percent (100%). Le candidat présélectionné doit passer les examens écrits et oraux. Tous les examens sont cotés sur une note totale de cent pour cent (100%). Impuguke zitegura ibizamini byose zigomba kuba zifite ubumenyi buhagije mu bisabwa kuri uwo mwanya. All examiners must have sufficient knowledge of the subject matter with regard to the vacant post. Les examinateurs de tous les examens doivent avoir des connaissances suffisantes en matières relatives au poste vacant. y’abakoresha Inteko buryo bw’ikiganiro igomba kuba igizwe nibura n’abantu batatu (3). ibizamini mu The panel of oral examiners must be composed of at least three (3) members. Le panel pour l’examen oral doit être composé d’au moins trois (3) membres. Ikizamini gishobora gutegurwa no gukorwa mu ndimi eshatu (3) zemewe mu butegetsi. Icyakora iyo cyateguwe mu rurimi rutari Ikinyarwanda, kigomba gutegurwa mu Gifaransa n’Icyongereza umukandida agahitamo ururimi akoresha. The exam may be prepared and conducted in three (3) official languages. However, if the exam is prepared in a language other than Kinyarwanda, it must be prepared in both French and English to enable a candidate to choose the language to use. L’examen doit être préparé et effectué dans trois (3) langues officielles. Toutefois, lorsque l’examen a été préparé dans une le Kinyarwanda, il doit être préparé en français et en anglais, et le candidat choisit la langue qu’il utilise. langue autre que 49 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 - 12 Verify source ↗
Ikorwa ry’ikizamini
AI-assisted research summary: Recruiting institutions must announce exam details, hold exams on working days and working hours, may use electronic means if necessary, and must accommodate applicants with disabilities.
Ingingo ya 12: Ikorwa ry’ikizamini Article 12: Examination process Article 12: Procédure d’examen Ingingo ya 12: Ikorwa ry’ikizamini Article 12: Examination process Article 12: Procédure d’examen Urwego rushaka umukozi rutangaza amatariki, isaha n’ahantu ibizamini bizakorerwa. The recruiting institution announces the date, time and venue for the exams. L’institution qui désire recruter, publie la date, l’heure et le lieu des examens. Ikizamini gikorwa ku munsi n’amasaha by’akazi. Examination is conducted on a working day and during working hours. L’examen est passé au jour ouvrable et pendant les heures de service. gukoresha Iyo bibaye ngombwa, urwego rushaka abakozi gishobora yifashisha ikoranabuhanga mu itumanaho ku kizamini gikorwa ku buryo bwanditse cyangwa bw’ikiganiro hakoreshejwe ibikoresho byabugenewe byemezwa na Komisiyo. iyakure The recruiting institution, if considered necessary, may use electronic means to conduct a written or oral exam using appropriate facilities authorized by the Commission. L’institution qui désire recruter, en cas de besoin, peut utiliser les moyens électroniques, pour faire passer l’examen écrit ou oral en utilisant des facilités appropriées approuvées par la Commission. Umukandida usaba akazi wagaragaje ubumuga afite nk’uko biteganywa mu ngingo ya 8 y’iri teka, yoroherezwa gukora ikizamini hitawe ku bumuga bwe. A job applicant who specifies his/her disability as provided for in Article 8 of this Order, is facilitated to sit for the exam taking into consideration his/her disability. Le candidat qui a spécifié son handicap tel que prescrit aux dispositions de l’article 8 du présent arrêté est facilité à passer l’examen en tenant compte de son handicap. - 13 Verify source ↗
Ikizamini cyanditse
AI-assisted research summary: The written exam must follow the post’s requirements, be scheduled within 3 working days after the shortlist is published, and candidates must not write their names on the answer sheet.
Ingingo ya 13: Ikizamini cyanditse Article 13: Written exam Article 13: Examen écrit Ingingo ya y’ibizamini byanditse 14: Itangazwa ry’amanota Ingingo ya 13: Ikizamini cyanditse Article 13: Written exam Article 13: Examen écrit Ikizamini cyanditse gitegurwa hakurikijwe ibisabwa kuri buri mwanya kandi gikorerwa ku manota (50%) angana na mirongo ugereranyije n’amanota yose y’ibizamini byose bikorwa. itanu ku ijana A written exam is prepared in accordance with the requirements of each post and is marked out of fifty percent (50%) of the total marks of all exams. L’examen écrit est préparé conformément aux exigences du poste ouvert au concours et est coté à cinquante pour cent (50%) du total de la note attribuée à tous les examens prévus à ce poste. Ikizamini cyanditse gikorwa mu gihe kitarenze iminsi itatu (3) y’akazi ibarwa uhereye ku munsi ukurikira uwo urutonde rw’abemerewe gukora rwasohokeyeho. The written exam is held within a period of three (3) working days starting from the date of publication of shortlisted candidates. L’examen écrit doit être passé endéans trois trois (3) jours ouvrables à compter du jour de publication de la liste des candidats présélectionnés. Umukandida ntagomba kwandika izina rye ku rupapuro rw’ikizamini. Mu mwanya wʼamazina A candidate must not write his/her name on the answer sheet. Codes are used instead of names and Un candidat ne doit pas mentionner son nom sur la feuille de réponse. Les codes sont utilisés à la place 50 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 hakoreshwa amagambo cyangwa umubare w’ibanga bigenwa kandi bikabikwa n’urwego rushaka abakozi. Kodi n’amazina by’abakandida bihuzwa ibizamini bimaze gukosorwa. Ikizamini kigamije kureba uko ibyo umukandida azi abishyira mu bikorwa na cyo kiri mu bigize ikizamini cyanditse, kandi iyo bibaye ngombwa gishobora gukorwa ukwacyo. they are kept by the recruiting institution. The matching of codes and names of candidates is made after the marking of the exams. des noms et sont gardés par l’institution qui désire recruter. La coordination des codes et des noms est faite après la correction des examens. A practical exam is part of the written exam and it may, if considered necessary, be done separately. L’examen pratique fait partie de l’examen écrit et peut, en cas de besoin, être fait séparément. Ingingo ya y’ibizamini byanditse 14: Itangazwa ry’amanota - 14 Verify source ↗
Publication of results of written
AI-assisted research summary: Written exam results must be published within 10 working days after the exams are finalized.
Article 14: Publication of results of written exams Article 14: Publication des résultats des examens écrits Article 14: Publication of results of written exams Article 14: Publication des résultats des examens écrits Amanota y’abakoze ibizamini byanditse agomba gutangazwa mu gihe kitarenze iminsi icumi (10) y’akazi ibarwa uhereye ku munsi amapiganwa yarangiriyeho. The results of written exams are published within ten (10) working days starting from the date on which exams were finalised. Les résultats des examens écrits sont publiés dans un délai ne dépassant pas dix (10) jours ouvrables comptés à partir du dernier jour du concours. babonye abakandida inzira atangazwa Amanota hifashishijwe y’ikoranabuhanga mu itumanaho mu gushaka abakozi kandi abakandida mails hifashishijwe bakamenyeshwa n’ubutumwa bugufi kuri telefoni. E- The results obtained by candidates are published using E-recruitment process and candidates are notified through E-mails and telephone short messaging system. Les résultats obtenus par les candidats sont publiés en utilisant le recrutement en ligne électronique, par E-mails et par voie du système de messagerie téléphonique. - 15 Verify source ↗
Ikizamini gikorwa mu buryo
AI-assisted research summary: The oral exam is only for candidates who scored 50% in the written exam.
Ingingo ya 15: Ikizamini gikorwa mu buryo bw’ikiganiro Article 15: Oral exam Article 15: Examen oral Ingingo y’ibizamini bikorwa mu buryo bw’ikiganiro Itangazwa 16: ya ry’amanota Ingingo ya 15: Ikizamini gikorwa mu buryo bw’ikiganiro Ikizamini gikorwa mu buryo bw’ikiganiro kigenerwa amanota angana na mirongo itanu ku ijana (50%) y’amanota yose y’ibizamini byakozwe. Abakandida bagejeje ku manota angana na mirongo itanu ku ijana (50%) mu kizamini cyanditse ni bo bemererwa gukora ikizamini gikorwa mu buryo bw’ikiganiro. Article 15: Oral exam Article 15: Examen oral An oral exam is marked out of fifty percent (50%) of the total marks of all exams. Un examen oral est coté à cinquante pour cent (50%) du total de la note attribuée à tous les examens. Only candidates who score fifty percent (50%) in the written exam are eligible for the oral exam. Seuls les candidats qui obtiennent la note de cinquante pour cent (50%) dans l’examen écrit sont éligibles pour l’examen oral. 51 Ikizamini gikorwa mu buryo bw’ikiganiro kigomba kuba kigizwe n’ibibazo bimwe ku bakandida bakora ku mwanya umwe. Ikizamini gikorwa mu buryo bw’ikiganiro gikorwa nyuma y’iminsi itatu (3) y’akazi ibarwa uhereye ku munsi ukurikira uwo amanota y’ikizamini cyanditse yashyiriwe ahagaragara. Iyo hari umukandida wajuririye amanota y’ikizamini cyanditse, ikizamini gikorwa mu buryo bw’ikiganiro gikorwa ubujurire burangiye. Iyo hakorwa ikizamini mu buryo bw’ikiganiro, hafatwa amajwi n’amashusho. Amashusho afatwa mu buryo bugaragaza impande zombi, impuguke zibaza n’umukandida ubazwa. Amajwi nayo agomba gufatwa ku buryo bwumvikana neza. Ingingo y’ibizamini bikorwa mu buryo bw’ikiganiro Itangazwa 16: ya ry’amanota Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 An oral exam is comprised of the same questions for candidates on the same post. Un examen oral est composé de mêmes questions pour les candidats au même poste. An oral exam is conducted after three (3) working days starting from the day following the date of publication of the results of the written exam. If a candidate appeals against the results of a written exam, the oral exam is conducted after conclusion of the appeal. Un examen oral est passé après trois (3) jours ouvrables à compter du lendemain de la publication des résultats de l’examen écrit. Si un candidat fait appel contre les résultats d’un examen écrit, l’examen oral est passé après la conclusion sur l’appel. During an oral exam, an audio-visual recording is conducted. The video is recorded in a way that shows interviewed candidate. The audio must also be well recorded with clear voices. the examiners and the L’enregistrement audio-visuel est fait au cours de l’examen oral. La vidéo doit être faite de façon à montrer les examinateurs et le candidat. L’audio doit également être bien enregistré avec des voix claires. - 16 Verify source ↗
Publication of results of oral exam
AI-assisted research summary: Oral exam results must be published within 1 working day after the exam is finalized.
Article 16: Publication of results of oral exam Article 16: Publication des résultats des examens oraux Article 16: Publication of results of oral exam Article 16: Publication des résultats des examens oraux Amanota y’abakoze ibizamini bikorwa mu buryo bw’ikiganiro atangazwa mu gihe kitarenze umunsi umwe (1) w’akazi uhereye umunsi amapiganwa yarangiriyeho. The results of the oral exam are published in a period not exceeding one (1) working day starting from the date on which the exam was finalised. Les résultats des examens oraux doivent être publiés dans un délai ne dépassant pas un (1) jour ouvrable à partir du dernier jour du concours. babonye abakandida inzira atangazwa Amanota hifashishijwe y’ikoranabuhanga mu itumanaho mu gushaka abakozi kandi abakandida bakamenyeshwa hifashishijwe E-mails n’ubutumwa bugufi kuri telefoni. The results obtained by candidates are published using E-recruitment and candidates are notified through E-mails and telephone short messaging system. Les résultats obtenus par les candidats sont publiés en utilisant le recrutement en ligne électronique, par E-mails et par voie du système de messagerie téléphonique. 52 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 - 17 Verify source ↗
Ikizamini cyihariye
AI-assisted research summary: A recruiting institution may give a single exam if the Commission approves it.
Ingingo ya 17: Ikizamini cyihariye Article 17: Special examination Article 17: Examen spécial Ingingo ya 17: Ikizamini cyihariye Article 17: Special examination Article 17: Examen spécial rushaka abakozi Urwego rushobora gutanga ikizamini kimwe kigahabwa amanota ijana ku ijana (100%) byemejwe na Komisiyo. The recruiting institution may, with the approval of the Commission, conduct a single exam which is marked out of a hundred percent (100%). L’institution qui désire recruter le personnel peut, sur approbation de la Commission, faire passer un examen unique évalué à cent pour cent (100%). - 18 Verify source ↗
Ubujurire
AI-assisted research summary: A recruitment candidate may appeal a decision within 3 working days, first to the recruiting institution and then, if still dissatisfied, to the Commission within 2 working days; the institution and Commission must respond within set working-day deadlines.
Ingingo ya 18: Ubujurire Article 18: Appeal Article 18: Recours Ingingo ya 18: Ubujurire Article 18: Appeal Article 18: Recours Umukandida wumva ko yarenganyijwe mu gihe cyo gushaka abakozi ashobora kujuririra ku rwego rwa mbere urwego rushaka umukozi mu gihe kitarenze iminsi (3) y’akazi uhereye ku munsi w’igikorwa cyangwa icyemezo ajuririra. itatu that he/she is A candidate who believes aggrieviated during the recruitment process, may appeal on the first degree to the recruiting institution within a period not exceeding three (3) working days starting from the date of the act or decision he/she is appealing against. Le candidat qui se croit lésé au cours du processus de recrutement peut introduire au premier degré un recours devant l’institution qui désire recruter dans un délai ne dépassant pas trois (3) jours ouvrables à partir du jour de l’acte ou de la décision qu’il attaque. Ubujurire butangwa y’ikoranabuhanga mu abakozi. hakoreshejwe inzira itumanaho mu gushaka The appeal is made by using E-recruitment process. Le recours se fait en utilisant le recrutement en ligne électronique. Iyo bigaragaye ko hakozwe ikosa mu guteranya amanota, bikosorwa ako kanya n’abakoresheje ibizamini. If it is evident that there is an error in the addition of marks, a correction is immediately made by examiners. S’il est constaté une erreur dans l’addition des points, une correction en est faite immédiatement par les examinateurs. Iyo ikosa ryakozwe rishingiye ku mikosorere, rusaba uwateguye urwego akanakosora itangwa ry’amanota uko bikwiye. Gukosorwa bikorwa ku bakandida bose bakoze ikizamini kuri uwo mwanya. rushaka umukozi ibizamini gusubiramo If it is an error in the marking procedure, the recruiting institution requests the examiner to review the marks correctly. In this case, correction is reviewed for all candidates who passed the exam on this post. Si une erreur est en rapport avec la correction, recruter demande à l’institution qui désire l’examinateur de réviser la note de manière appropriée. Dans ce cas, la correction est revue pour tous les candidats qui ont passé l’examen sur ce poste. Urwego rwajuririwe rugomba gutanga igisubizo ku bujurire mu gihe cy’iminsi itatu (3) y’akazi ibarwa uhereye ku munsi ubujurire bwakiriweho. The institution to which the appeal is made is required to give a response within three (3) working days from the date of reception of the appeal. L’institution saisie du recours est tenue de statuer endéans trois (3) jours ouvrables à partir du jour de la réception du recours. 53 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 ibiri Iyo umukandida atanyuzwe n’icyemezo cyafashwe, ajurira ku rwego rwa kabiri muri Komisiyo mu gihe cy’iminsi itariki yaboneyeho igisubizo cy’urwego rwakoresheje ibizamini. Komisiyo ifata icyemezo ku kibazo yajuririwe mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) yʼakazi uhereye ku munsi yakiriyeho ubujurire. (2) y’akazi uhereye If a candidate is not satisfied with the decision made, he/she appeals on the second degree to the Commission within two (2) working days from the date of receipt of the response from the exams. The institution Commission renders its decision within a period of five (5) working days from the date of receipt of the appeal. conducted that Lorsqu’un candidat n’est pas satisfait de la décision prise, il saisit au second degré la Commission endéans deux (2) jours ouvrables à compter du jour de réception de la réponse par l’institution qui a donné l’examen. La Commission saisie statue dans un délai ne dépassant pas cinq (5) jours ouvrables à partir du jour de la réception du recours. Igihe cyose bigaragaye ko hari umukandida wajuriye ku rwego rwa kabiri kandi utarabonerwa igisubizo na Komisiyo ku bujurire bwe ikizamini cyanditse cyangwa ikizamini gikorwa mu buryo bw’ikiganiro ntibishobora gukorwa. Where a candidate has appealed the Commission at the second degree, a written or oral exam cannot be conducted until the Commission provides a response to the appeal in question. to Lorsqu’un candidat a fait recours au second degré, l’examen écrit ou l’examen oral ne peut pas être passé jusqu’à ce que la Commission ait donné une réponse au recours en question. - 19 Verify source ↗
Gutsinda ibizamini
AI-assisted research summary: A candidate passes the exam by scoring at least 70% overall.
Ingingo ya 19: Gutsinda ibizamini Article 19: Passing of exams Article 19: Réussite aux examens Ingingo ya umukandida watsinze guhabwa akazi 20: Ibyangombwa bisabwa ibizamini mbere yo Ingingo ya 19: Gutsinda ibizamini Article 19: Passing of exams Article 19: Réussite aux examens Umukandida aba yatsinze ikizamini iyo yagize nibura amanota mirongo irindwi ku ijana (70%) mu bizamini byose yakoze. Iyo nta mukandida wagejeje kuri ayo manota, imyanya irongera igatangazwa, hagakoreshwa ibindi bizamini. A candidate who achieves a cumulative grade of at least seventy percent (70%) of total marks in all exams is considered successful. If no candidate obtains this grade, the vacancies are re-advertised and other exams are conducted. Est considéré comme ayant réussi, le candidat qui obtient une note cumulative d’au moins soixante- dix pour cent (70%) de points pour tous les examens. Si aucun candidat n’a obtenu cette note, les postes vacants sont à nouveau publiés et d’autres examens sont organisés. Iyo abakandida babiri (2) banganyije amanota ku mwanya umwe upiganirwa harimo n’umukandida ufite ubumuga, icyo gihe hahabwa amahirwe umukandida ufite ubumuga. If two (2) candidates obtain equal marks for one post and one of them is a person with disability, the latter is given preference. Lorsque les deux (2) candidats ont obtenu une même note pour un même poste et que l’un d’entre eux est une personne handicapée, la préférence est donnée à cette dernière. Iyo abakandida babiri (2) bafite ubumuga banganyije amanota ku mwanya umwe upiganirwa, hitabwa ku burambe ku kazi. Iyo banganya uburambe ku kazi, amahirwe ahabwa umugore. If two (2) candidates with disabilities obtain equal marks for the same vacant post, the experience is taken into consideration. If they have the same experience, preference should be given to a female. Lorsque les deux (2) candidats handicapés ont obtenu une même note pour un même poste, on tient compte de l’expérience. S’ils ont une même expérience, la préférence est donnée à une femme. 54 ya Ingingo umukandida watsinze guhabwa akazi 20: Ibyangombwa bisabwa ibizamini mbere yo Mbere yo guhabwa akazi, umukandida watsinze ibizamini kwerekana ibyangombwa bikurikira: 1º umwirondoro wuzuye; kubanza agomba Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 - 20 Verify source ↗
Documents required of a successful
AI-assisted research summary: A successful candidate must present specified documents before appointment.
Article 20: Documents required of a successful candidate before appointment Article 20: Documents exigés au candidat qui a réussi aux examens avant le début de service 38 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 UMUTWE WA III: GUSHYIRAHO ABAKOZI NO KUBASHYIRA MU MYANYA CHAPTER NOMINATION III: APPOINTMENT AND CHAPITRE NOMINATION III: AFFECTATION ET Article 20: Documents required of a successful candidate before appointment Article 20: Documents exigés au candidat qui a réussi aux examens avant le début de service Before appointment, a successful candidate is required to present the following documents: Avant l’affectation effective, le candidat qui a réussi aux examens doit présenter les documents suivants: 1º a detailed curriculum vitae; 1º un Curriculum Vitae détaillé; 2º fotokopi y’impamyabumenyi iriho umukono 2º a certified copy of the original degree; 2º une photocopie notariée de diplôme; wa noteri; 3º ifoto ngufi imwe; 3º one passport photo; 3º une photo passeport; 4º icyemezo cy’uko atakatiwe cyangwa yakatiwe 4º a criminal record certificate; 4º un extrait du casier judiciaire; n’inkiko; 5º icyemezo cyo kwa muganga. 5º a medical certificate. 5º une attestation médicale. UMUTWE WA III: GUSHYIRAHO ABAKOZI NO KUBASHYIRA MU MYANYA CHAPTER NOMINATION III: APPOINTMENT AND CHAPITRE NOMINATION III: AFFECTATION ET - 21 Verify source ↗
Igihe cyo gushyiraho abakandida
AI-assisted research summary: Successful candidates must be appointed within 30 working days after final results are published.
Ingingo ya 21: Igihe cyo gushyiraho abakandida batsinze Article 21: Appointment period for successful candidates Article 21: Délai d’affectation de candidats retenus Ingingo ya 21: Igihe cyo gushyiraho abakandida batsinze Article 21: Appointment period for successful candidates Article 21: Délai d’affectation de candidats retenus Gushyira mu myanya abakandida batsinze bikorwa mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30) y’akazi, uhereye ku itariki amanota ya nyuma yatangarijwe. The appointment of a successful candidate is done within thirty (30) working days starting from the date of the publication of final results. L’affectation des candidats retenus se fait endéans trente (30) jours ouvrables à compter de la date de publication des résultats définitifs. - 22 Verify source ↗
Gushyira abakozi mu myanya
AI-assisted research summary: For managerial vacancies, the concerned institutions must send successful candidates’ files to the Minister, who then forwards them to the Prime Minister’s Office for Cabinet consideration and approval.
Ingingo ya 22: Gushyira abakozi mu myanya y’ubuyobozi Article 22: Appointment of candidates on managerial posts Article 22: Nomination des candidats aux postes de direction Ingingo ya 22: Gushyira abakozi mu myanya y’ubuyobozi Article 22: Appointment of candidates on managerial posts Article 22: Nomination des candidats aux postes de direction Iyo imyanya ishakirwa abakozi ari iy’ubuyobozi, inzego bireba zoherereza Minisitiri amadosiye y’abatsinze, na we akayashyikiriza Ibiro bya If the vacant posts are of managerial nature, the concerned files of successful candidates to the Minister, who also institution submits the Lorsque les postes ouverts au concours sont des postes de direction, les institutions concernées envoient les dossiers des candidats qui ont réussi au 55 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 Minisitiri w’Intebe, kugira ngo bisuzumwe kandi byemezwe n’Inama y’Abaminisitiri. submits the files to the Prime Minister’s Office for consideration and approval by the Cabinet. Ministre qui, à son tour, les transmet à la Primature pour examen et approbation par le Conseil des Ministres. - 23 Verify source ↗
Gushyira abakozi mu myanya yo
AI-assisted research summary: Where vacancies are in the professional, technical, or support staff categories, specific officeholders may appoint the successful candidates for each listed institution.
Ingingo ya 23: Gushyira abakozi mu myanya yo mu byiciro by’imirimo y’abaporofesiyoneli, abatekinisiye n’iy’abunganizi Article 23: Appointment of candidates on positions of professional, technical, and support staff categories Article 23: Nomination des candidats aux postes des catégories des professionnels, des techniciens et personnel d’appui Ingingo ya 23: Gushyira abakozi mu myanya yo mu byiciro by’imirimo y’abaporofesiyoneli, abatekinisiye n’iy’abunganizi Article 23: Appointment of candidates on positions of professional, technical, and support staff categories Article 23: Nomination des candidats aux postes des catégories des professionnels, des techniciens et personnel d’appui imyanya ari iyo mu byiciro by’imirimo Iyo y’abaporofesiyoneli, abatekinisiye n’iy’abunganizi, gushyira abakozi mu myanya bikorwa ku buryo bukurikira: Where vacant posts fall within the categories of professional, technical and support staff, the appointment is done as follows: Lorsque les postes vacants relèvent des catégories des professionnels, des techniciens et du personnel d’appui, l’affectation est effectuée de la manière suivante: 1º muri Serivisi za Perezidansi ya Repubulika, Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida wa Repubulika ashyira mu myanya abakandida batsinze; 1º in the Services of the Office of the President of the Republic, the Director of Cabinet in the Office of the President of the Republic appoints successful candidates; 1º au sein des Services de la Présidence de la le Directeur de Cabinet du les la République affecte République, Président de candidats retenus ; 2º muri buri mutwe w’Inteko Ishinga Amategeko, Umunyamabanga Mukuru ashyira mu myanya abakandida batsinze; 3º muri Serivisi z’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, Umuyobozi w’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ashyira mu myanya abakandida batsinze; 4º mu Rukiko rw’Ikirenga, Umunyamabanga Mukuru ashyira mu myanya abakandida batsinze; 5º muri Minisiteri, Minisitiri ashyira mu myanya 2º in each Chamber of the Parliament, the Clerk appoints successful candidates; 2º dans chaque Chambre du Parlement, le les candidats Secrétaire Général affecte retenus; 3º in the Services of the Office of the Prime Minister, the Director of Cabinet in the the Prime Minister appoints Office of successful candidates; 4º in the Supreme Court, the Secretary General 3º au sein de la Primature, le Directeur de Cabinet du Premier Ministre affecte les candidats retenus; 4º au sein de la Cour Suprême, le Secrétaire appoints successful candidates; Général affecte les candidats retenus; 5º in a Ministry, the Minister appoints 5º au sein du Ministère, le Ministre affecte les abakandida batsinze; successful candidates; candidats retenus; 6º muri Komisiyo z’Igihugu, mu Nzego zihariye, mu Nama z’Igihugu no mu Bigo bya Leta, ishyira mu myanya Inama y’Ubuyobozi 6º in National Commissions, Specialized Organs, National Councils and Public Institutions, the Board of Directors appoints 6º dans les Commissions Nationales, les Organes spécialisés, les Conseils Nationaux et les Conseil Publics, Etablissements le 56 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 abakandida batsinze. Iyo ntayihari, Umuyobozi Mukuru w’Urwego ashyira mu myanya abakandida batsinze; successful candidates. If there is no Board of Directors, the Head of institution appoints successful candidates; d’Administration affecte les candidats retenus. S’il n’y a pas de Conseil d’Administration, le Dirigeant de l’institution affecte les candidats retenus; 7º ku rwego rw’Intara, Guverineri ashyira mu 7º at provincial level, the Governor appoints 7º au niveau de la Province, le Gouverneur affecte myanya abakandida batsinze. the successful candidates. les candidats retenus. - 24 Verify source ↗
Ishyirwaho ry’abakozi mu
AI-assisted research summary: Public servants at H/2 level and above are appointed by competent authorities.
Ingingo ya 24: Ishyirwaho ry’abakozi mu myanya y’imirimo iri ku rwego rwa H/2 kujyana hejuru Article 24: Nomination of a public servant to positions at level H/2 and above Article 24: Nomination d’un agent de l’Etat aux postes de niveaux H/2 et plus Ingingo ya 24: Ishyirwaho ry’abakozi mu myanya y’imirimo iri ku rwego rwa H/2 kujyana hejuru Abakozi bo ku myanya y’imirimo iri ku rwego rwa H/2 kujyana hejuru bashyirwa muri iyo myanya n’abayobozi babifitiye ububasha. Article 24: Appointment of a public servant to positions at level H/2 and above Article 24: Nomination d’un agent de l’Etat aux postes de niveaux H/2 et plus Public servants with positions at level H/2 and above are appointed by competent authorities. Les agents de l’Etat aux postes de niveau H/2 et plus sont nommés par les autorités compétentes. - 25 Verify source ↗
Gushyira mu myanya abakozi mu
AI-assisted research summary: The Executive Secretary must send the recruitment report to the Executive Committee for approval and staff appointment, while the Council appoints the Executive Secretary and the Internal Auditor.
Ingingo ya 25: Gushyira mu myanya abakozi mu nzego zegerejwe abaturage z’imitegekere y’Igihugu Article 25: Appointment of public servants into decentralized administrative entities Article 25: Affectation des agents de l’Etat dans les entités administratives décentralisées Ingingo ya 25: Gushyira mu myanya abakozi mu nzego zegerejwe abaturage z’imitegekere y’Igihugu Mu nzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage, Umunyamabanga Nshingwabikorwa ashyikiriza Komite Nyobozi raporo y’ipiganwa kugira ngo iyemeze kandi ishyire abakozi mu myanya. Icyakora, Umunyamabanga Nshingwabikorwa n’Umugenzuzi w’Imari b’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage bashyirwa mu myanya n’Inama Njyanama. Article 25: Appointment of public servants into decentralized administrative entities Article 25: Affectation des agents de l’Etat dans les entités administratives décentralisées the In decentralized administrative entities, Executive Secretary submits to the Executive Committee the recruitment report for approval and appointment of staff. Au sein des entités administratives décentralisées, le Secrétaire Exécutif transmet au Comité Exécutif le rapport de recrutement pour approbation et affectation du personnel. However, the Executive Secretary and Internal Auditor of decentralized administrative entities are appointed by the Council. Toutefois, le Secrétaire Exécutif et l’auditeur interne des entités administratives décentralisées sont affectés par le Conseil. 57 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 - 26 Verify source ↗
Gushyira abakozi mu nzego
AI-assisted research summary: New medical graduates are deployed into medical institutions, and the health minister sets the deployment rules.
Ingingo ya 26: Gushyira abakozi mu nzego z’ubuzima Article 26: Appointment of personnel in health sectors Article 26: Affectation du personnel dans les secteurs de santé Ingingo ya 26: Gushyira abakozi mu nzego z’ubuzima Article 26: Appointment of personnel in health sectors Article 26: Affectation du personnel dans les secteurs de santé Abakandida bakirangiza mu mashuri yigisha ibyo kuvura bashyirwa mu kazi mu nzego z’ubuvuzi hakoreshejwe koherezwa. New graduates who have just completed medical studies are appointed in medical institutions through a deployment process. Les candidats qui venant de terminer les études institutions médicales sont affectés dans les médicales par voie de déploiement. Iteka rya Minisitiri ufite ubuzima mu nshingano ze rigena uburyo bwo gushyira abakandida bakirangiza mu myanya yo mu nzego z’ubuvuzi. An Order of the Minister in charge of health determines the modalities for deployment of medical graduates in medical institutions. Un arrêté du Ministre ayant la santé dans ses attributions détermine les modalités de déploiement de nouveaux diplômés dans institutions médicales. les - 27 Verify source ↗
Urutonde rw’abatsinze batahawe
AI-assisted research summary: An institution that conducted an exam must send the list of non-appointed successful candidates to the Ministry in charge of public service within 3 working days after final results are published. The Ministry must keep that database for 6 months.
Ingingo ya 27: Urutonde rw’abatsinze batahawe akazi Article 27: List of non-appointed successful candidates Article 27: Liste des candidats ayant réussi mais ne sont pas affectés Ingingo ya hakoreshejwe urutonde 28: Gushyiraho umukozi Ingingo ya 27: Urutonde rw’abatsinze batahawe akazi Article 27: List of non-appointed successful candidates Article 27: Liste des candidats ayant réussi mais ne sont pas affectés ibizamini, rwakoresheje Urwego rwoherereza Minisiteri ifite abakozi ba Leta mu nshingano zayo, urutonde rw’abatsinze batabonewe imyanya mu gihe kitarenze iminsi itatu (3) y’akazi uhereye umunsi amanota ya nyuma yatangarijwe. An institution that has conducted the exam sends to the Ministry in charge of public service the list of non-appointed successful candidates within a period of three (3) working days from the day of publication of final results. L’institution ayant fait passer l’examen doit, dans un délai n’excédant pas trois (3) jours ouvrables à compter du jour de la publication des résultats définitifs envoyer au Ministère ayant la fonction publique dans ses attributions, la liste des candidats ayant réussis mais qui ne sont pas affectés. Minisiteri ifite abakozi ba Leta mu nshingano zayo, ibika urutonde rw’abatsinze ariko batabonewe imyanya bashyirwamo, urwo rutonde rugira agaciro mu gihe cy’amezi atandatu (6). The Ministry in charge of public service keeps the database of non-appointed successful candidates during a validity period of six (6) months. Le Ministère ayant la fonction publique dans ses attributions, conserve la base de données des candidats ayant réussi les examens sans être affectés pour une période de validité de six (6) mois. Ingingo ya hakoreshejwe urutonde 28: Gushyiraho umukozi - 28 Verify source ↗
Appointment using the list
AI-assisted research summary: If an employee appointed from the list leaves within the period in Article 27, the next successful candidate is appointed. An institution needing someone from the list must write to the Ministry in charge of public service, which must reply within 15 working days with an employee from the list or authorization to recruit for the vacant post.
Article 28: Appointment using the list Article 28: Nomination par l’utilisation de la liste 39 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 UMUTWE WA IV: GUSHYIRA ABAKOZI MU MYANYA NO KUBABONERA INDI NYUMA Y’IVUGURURA IV: APPOINTMENT AND CHAPTER REDEPLOYMENT OF PUBLIC SERVANTS AFTER REFORM CHAPITRE REDEPLOIEMENT APRES LA REFORME AFFECTATION IV: ET Article 28: Appointment using the list Article 28: Nomination par l’utilisation de la liste Iyo uwahawe akazi akavuyemo mu gihe giteganijwe mu ngingo ya 27 y’iri teka uwamukuriye mu manota ashyirwa mu mwanya avuyemo. In case an appointed employee leaves his/her post within the period provided for in Article 27 of this Order, the next successful candidate is appointed. Lorsque le candidat retenu quitte son poste dans un délai prévu à l’article 27 du présent arrêté le candidat suivant est affecté. 58 zayo rutonde rukeneye umukozi uri ku Urwego rwandikira Minisiteri ifite abakozi ba Leta mu nshingano rwifuza, rusaba rugasubizwa mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi rumuhabwa avuye kuri rutonde cyangwa rugahabwa uburengaznira bwo gukoresha ipiganwa ku mwanya ukenewemo umukozi. umukozi Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 An institution that needs an employee from the list writes to the Ministry in charge of public service requesting for an employee and receives the reply within a period not exceeding fifteen (15) working days from the date of receipt providing an employee from the list or authorizing recruitment for the vacant post. Une institution qui a besoin d’un employé en fait la demande par écrit au Ministère ayant la fonction publique dans ses attributions et obtient la réponse dans un délai n'excédant pas quinze (15) jours ouvrables à compter de la date de réception lui donnant l’employé en provenance de la liste ou l’autorisant de procéder au recrutement pour le poste vacant. UMUTWE WA IV: GUSHYIRA ABAKOZI MU MYANYA NO KUBABONERA INDI NYUMA Y’IVUGURURA CHAPTER IV: APPOINTMENT AND REDEPLOYMENT OF PUBLIC SERVANTS AFTER REFORM CHAPITRE REDEPLOIEMENT APRES LA REFORME AFFECTATION IV: ET - 29 Verify source ↗
Gushyirwa mu myanya nyuma
AI-assisted research summary: After a reform or restructuring, public servants may be transferred to the new institution if they meet the required profile and have good evaluation marks; any new appointment must keep the employee in the same job category.
Ingingo ya 29: Gushyirwa mu myanya nyuma y’ivugurura Article 29: Appointment after reform Article 29: Affectation après la réforme Ingingo ya 29: Gushyirwa mu myanya nyuma y’ivugurura Iyo habayeho ivugurura ry’inzego za Leta cyangwa urwego rumwe bigatera impinduka ku myanya y’imirimo cyangwa ibisabwa ku myanya y’imirimo, abari basanzwe ari abakozi b’urwego rwavuguruwe bimurirwa mu rwego rushya mu gihe bujuje ibisabwa ku myanya y’imirimo kandi bakaba bafite amanota ahagije mu isuzumabushobozi. Gushyira umukozi mu mwanya nyuma y’ivugurura byubahiriza ihame ryo kwimurira umukozi mu mwanya uri ku rumwe rwego n’urw’umwanya umukozi yari asanzwe arimo. rw’umurimo Article 29: Appointment after reform Article 29: Affectation après la réforme In case institutional reform or organizational restructuring has resulted in changes of job positions and profiles, the public servants of the reformed or restructured institution are transferred to the new institution if they fulfill the required profiles and if they have good marks in evaluation. réforme institutionnelle ou Lorsqu’une restructuration organisationnelle a entraîné des changements sur les postes d’emploi et les profils, les agents de l’institution réformée ou restructurée sont transférés dans la nouvelle insitution s’ils remplissent les profils requis et ont de bonnes performances. Any new appointment after reform must respect the principle that each transferred employee remains within the same job category. Les nouvelles affectations doivent respecter le principe que chaque agent transféré demeure au sein de la même catégorie d’emploi. - 30 Verify source ↗
Uburyo bwo gushyira abakozi mu
AI-assisted research summary: Public servants whose posts were not changed and were not reduced in number must be moved to available posts in the new institution according to their job categories.
Ingingo ya 30: Uburyo bwo gushyira abakozi mu myanya itahinduriwe urwego rw’umurimo Article 30: Modalities for appointing a public servant whose post was not changed job category Article 30: Modalités d’affectation d’un agent de l’Etat dont le poste n’a pas changé de categorie d’emploi Ingingo ya 30: Uburyo bwo gushyira abakozi mu myanya itahinduriwe urwego rw’umurimo Article 30: Modalities for appointing a public servant whose post was not changed job category Article 30: Modalités d’affectation d’un agent de l’Etat dont le poste n’a pas changé de categorie d’emploi Nyuma y’ivugururwa, iyo abakozi ba Leta bari mu myanya itahinduriwe urwego rw’umurimo cyangwa After reform, public servants whose posts have not changed job categories or profiles and the Après la réforme, les agents de l’Etat dont les postes n’ont pas changé de catégories d’emploi ni des 59 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 ibisabwa kandi n’umubare w’imyanya y’imirimo utagabanutse, abo bakozi bashyirwa mu myanya iri mu rwego rushya hashingiwe ku nzego z’imirimo imyanya yabo irimo. posts are not reduced in number must be transferred to posts available in the new institution according to their respective job categories. profils ou dont les postes ne sont pas réduits en nombre de postes de travail, doivent être transférés aux postes disponibles dans la nouvelle institution suivant leurs catégories d’emploi respectives. - 31 Verify source ↗
Uburyo bwo gushyira umukozi wa
AI-assisted research summary: If a job is moved to a higher category, the occupant must be from that higher category. If no such employee exists, the post must be filled using the recruitment procedure in this Order.
Ingingo ya 31: Uburyo bwo gushyira umukozi wa Leta mu mwanya w’umurimo wazamuriwe urwego Article 31: Modalities for appointing public servant to a post that was placed in higher job category Article 31: Modalités d’affectation d’un agent de l’Etat à un poste qui a été mis dans une catégorie d’emploi supérieure Ingingo ya 31: Uburyo bwo gushyira umukozi wa Leta mu mwanya w’umurimo wazamuriwe urwego Article 31: Modalities for appointing a public servant to a post that was placed in higher job category Article 31: Modalités d’affectation d’un agent de l’Etat à un poste qui a été mis dans une catégorie d’emploi supérieure Nyuma y’ivugurura, iyo umwanya w’umurimo wazamuriwe urwego rw’umurimo, ushyirwamo umukozi usanzwe muri urwo rwego rw’umurimo. Mu gihe nta mukozi uhari usanzwe muri urwo rwego rw’umurimo rujyanye n’uwo mwanya, umwanya hubahirijwe ushakirwa ibiteganywa n’iri teka. umukozi In case, a job position has been placed in a higher job category after reform, the public servant to occupy the job position must be of that higher job category. If there is no public servant in that category, the post must be filled in compliance with the recruitment procedure provided for in this Order. Après la reforme, lorsqu’un poste de travail a été mis dans une catégorie d’emploi supérieure, l’agent de l’Etat qui l'occupe doit être de cette catégorie d’emploi supérieure. A défaut d’un agent de cette catégorie, le poste doit être occupé en respectant la procédure de recrutement prévue par le présent arrêté. - 32 Verify source ↗
Uburyo bwo gushyira umukozi wa
AI-assisted research summary: If a public servant’s post is downgraded after reform, they are appointed to it if they accept; if they do not accept, they are suspended from duties because the job has been discontinued.
Ingingo ya 32: Uburyo bwo gushyira umukozi wa Leta mu mwanya w’umurimo wamanuriwe urwego Article 32: Modalities for appointing a public servant whose post has been put into a lower job category Article 32: Modalités d’affectation des agents de l’Etat dont les postes ont été mis dans une catégorie d’emploi inférieure Ingingo ya 32: Uburyo bwo gushyira umukozi wa Leta mu mwanya w’umurimo wamanuriwe urwego Article 32: Modalities for appointing a public servant whose post has been put into a lower job category Article 32: Modalités d’affectation des agents de l’Etat dont les postes ont été mis dans une catégorie d’emploi inférieure Nyuma y’ivugurura, iyo umwanya umukozi yari asanzwemo wahinduriwe urwego rw’umurimo ukajya ku rwego rwo hasi, awushyirwamo iyo ahagarikwa abyemeye. by’agateganyo kubera ibura ry’umurimo. atabyemeye Iyo In case, a post has been put into a lower job category after reform, the incumbent who accepts it is appointed to occupy it. If the incumbent does not accept it, he/she is suspended from his/her duties as a result of job discontinuance. Après la réforme, lorsqu’un poste a été mis dans une catégorie d’emploi titulaire qui l’accepte, y est affecté. Si le titulaire ne l’accepte pas, il est suspendu de ses fonctions suite au manque d’emploi. inférieure, le - 33 Verify source ↗
Gushyira umukozi wa Leta mu
AI-assisted research summary: When only one post is available for two or more qualified public servants after restructuring, the person with the highest performance appraisal score gets the appointment.
Ingingo ya 33: Gushyira umukozi wa Leta mu mwanya w’umurimo mu gihe hari abakozi ba Leta babiri cyangwa benshi Article 33: Appointment of a public servant in case of two (2) or more public servants Article 33: Affectation d’un agent de l’Etat lorsqu’il’ya deux (2) ou plusieurs agents de l’Etat Ingingo ya 33: Gushyira umukozi wa Leta mu mwanya w’umurimo mu gihe hari abakozi ba Leta babiri cyangwa benshi Article 33: Appointment of a public servant in case of two (2) or more public servants Article 33: Affectation d’un agent de l’Etat lorsqu’il’ya deux (2) ou plusieurs agents de l’Etat Iyo nyuma y’ivugurura hari abakozi ba Leta babiri (2) cyangwa barenze umwe kandi hari umwanya umwe gusa, umwanya ushyirwamo umukozi wa If after institutional restructuring two (2) or more public servants are qualified while there is only one available post, the public servant who has a Lorsque deux (2) ou plusieurs agents de l’Etat sont candidats qualifiés à un seul poste disponible, l’agent de l’Etat qui a obtenu la note la plus élevée dans l’évaluation des performances y est affecté. 60 ufite Leta isuzumabushobozi. amanota aruta ay’abandi mu higher score in the performance appraisal is appointed. Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 Iyo hari abanganya amanota, umwanya uhabwa ufite uburambe kuri ako kazi kurusha abandi. Mu gihe banganya uburambe, umwanya uhabwa ufite amahugurwa asumba ay’abandi. Mu gihe banganya amahugurwa, ufite iy’abandi. Mu gihe impamyabumenyi banganya impamyabumenyi, umwanya uhabwa umukozi ufite ubumuga. Mu gihe bose bafite ubumuga, amahirwe ahabwa umugore. umwanya isumba uhabwa - 34 Verify source ↗
Gushakirwa umwanya mu rundi
AI-assisted research summary: When a public servant loses their post after restructuring, the Ministry in charge of public service must look for another post in the public service.
Ingingo ya 34: Gushakirwa umwanya mu rundi rwego rwa Leta Article 34: Redeployment Article 34: Redéploiement Ingingo ya 34: Gushakirwa umwanya mu rundi rwego rwa Leta Mu gihe nyuma y’ivugururwa umukozi wa Leta atashyizwe mu mwanya w’umurimo mu rwego yari asanzwemo kubera impamvu y’ivanwaho cyangwa y’ibura ry’umurimo iteganywa n’amategeko, dosiye ye yoherezwa muri Minisiteri ifite abakozi ba Leta mu nshingano zayo kugira ngo imushakire umwanya ahandi waba uri mu butegetsi bwa Leta. Mu gihe cyo gushyira abakozi ba Leta mu myanya ahandi mu butegetsi bwa Leta, Minisiteri ifite abakozi ba Leta mu nshingano zayo ikurikiza imirongo ngenderwaho iteganyijwe mu ngingo ya 27 n’iya 28 z’iri teka. If the two of them have the same score, the one who has more experience in that position is given preference. If both have the same experience, the one who has more training is preferred. In case both have the same training, the one with the higher academic qualification is preferred. In case both have the same qualifications, a disabled person among them is given preference. If they are both handicapped, preference should be given to a female. S’ils ont obtenu la même note, celui qui a plus d’expérience à ce poste est privilégié. S’ils ont la même expérience, celui qui a plus de formation est privilégié. En cas des mêmes formations, celui qui a la qualification académique la plus élevée est privilégié. En cas de même qualification, la personne handicapée est privilégiée. S’ils sont tous handicapées, la préférence est donnée à une femme. Article 34: Redeployment Article 34: Redéploiement If after institutional restructuring a public servant is not appointed to his/her usual post as a result of job suppression or discontinuance, his/her file is forwarded to the Ministry in charge of public service so that the Ministry can get him/her another post elsewhere in the public service. Lorsque, suite à la suppression ou manque d’emploi l’agent de l’Etat n’est pas affecté dans son établissement habituel de travail, son dossier est transmis au Ministère ayant la fonction publique dans ses attributions afin que le Ministère puisse lui chercher un autre poste ailleurs dans la fonction publique. During redeployment of public servants, the Ministry in charge of public service complies with directives provided for by Articles 27 and 28 of this Order. Lors du redéploiement des agents de l’Etat, le Ministère ayant la fonction publique dans ses attributions suit les directives prévues aux articles 27 et 28 du présent arrêté. 61 - 35 Verify source ↗
Igihe cyo gushakirwa umwanya
AI-assisted research summary: A suspended public employee has up to six months to be redeployed; during that time, the employing institution must provide the benefits required by law.
Ingingo ya 35: Igihe cyo gushakirwa umwanya ahandi Article 35: Redeployment period Article 35: Période de redéploiement UMUTWE WA V: KUBIKA AMADOSIYE NO GUTANGA RAPORO CHAPTER V: RECORD KEEPING AND REPORTING CHAPITRE V: CONSERVATION DES DOCUMENTS ET REMISE DU RAPPORT Ingingo ya 35: Igihe cyo gushakirwa umwanya ahandi Gutegereza gushakirwa umwanya ahandi bimara igihe cy’amezi atandatu (6) abarwa uhereye igihe umukozi wa Leta yahagarikiwe by’agateganyo kubera ibura ry’umurimo. Muri icyo gihe, umukozi wa Leta agenerwa n’urwego yakoreranga ibyo amategeko ateganya. Iyo igihe cy’amezi atandatu (6) kirangiye umukozi wa Leta atabonewe umwanya ahandi, urwego yakoreraga rumusezerera nta mpaka kandi rukamugenera ibyo amategeko ateganya. Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 Article 35: Redeployment period Article 35: Période de redéploiement servant The waiting period for redeployment is six (6) months maximum from the date of suspension as a result of job discontinuance. During this period, the public from his/her employing institution the advantages provided for by law. If at the end of this period the employee is not deployed, he/she is removed from his/her post and the employing institution gives him/her terminal benefits as provided by law. receives L’attente de redéploiement dure six (6) mois au maximum à compter de la date de suspension suite au manque d’emploi. Pendant cette période l’agent de l’Etat reçoit de l’institution qui l’employait les avantages prévus par la loi. Si à l’expiration de cette période, l’agent de l’Etat n’a pas été déployé, il est l’institution qui démis de ses fonctions et l’employait procède à son décompte final conformément à la loi. UMUTWE WA V: KUBIKA AMADOSIYE NO GUTANGA RAPORO CHAPTER V: RECORD KEEPING AND REPORTING CHAPITRE V: CONSERVATION DES DOCUMENTS ET REMISE DU RAPPORT - 36 Verify source ↗
Ibikwa ry’impapuro zakoreweho
AI-assisted research summary: The institution that administered the exam must keep written answer sheets and audio/video recordings for at least 6 months after exam results are published.
Ingingo ya 36: Ibikwa ry’impapuro zakoreweho ibizami Article 36: Keeping of answer sheets Article 36: Conservation des copies d’examen 40 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 Ingingo ya 36: Ibikwa ry’impapuro zakoreweho ibizami Impapuro zakoreweho ibizamini byanditse, amajwi cyangwa amashusho yafashwe hakorwa ikizamini mu buryo bw’ikiganiro bibikwa n’urwego rwakoresheje ibizamini mu gihe kitari munsi y’amezi atandatu (6) byibuze, uhereye umunsi ibyavuye mu bizamini bitangarijweho. Article 36: Keeping of answer sheets Article 36: Conservation des copies d’examen Copies of written examen and audiovisual recorded during the exams must be kept by the recruiting institution for a minimum period of six (6) months, counted from the day on which the results of the exams were published. les enregistrements Les copies d’examens et audiovisuels sont conservés par l’institution qui désire recruter dans un délai de six (6) mois au minimum, compté à partir du jour où les résultats des examens ont été publiés. - 37 Verify source ↗
Gushyikiriza raporo Komisiyo
AI-assisted research summary: Public recruiting institutions must send the exam report to the Commission within 7 working days after exams are conducted and marked.
Ingingo ya 37: Gushyikiriza raporo Komisiyo Article 37: Submission of the report to the Commission Article 37: Transmission du rapport à Commission la Ingingo ya 37: Gushyikiriza raporo Komisiyo Article 37: Submission of the report to the Commission Article 37: Transmission du rapport à Commission la Ikigo gishaka umukozi, nyuma yo gukoresha ibizamini no kubikosora, gishyikiriza Komisiyo raporo mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’akazi hakoreshejwe y’ikoranabuhanga mu inzira After conducting and marking exams, the recruiting institution transmits the report to the Commission using the E-recruitment process within a period of seven (7) working days. The report must include the following elements: Après la passation et la correction des examens, l’institution qui désire recruter transmet le rapport à la Commission en utilisant le recrutement en ligne électronique dans un délai ne dépassant pas sept (7) 62 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 itumanaho mu gushaka abakozi. Iyo raporo igomba kugaragaramo ibi bikurikira: jours ouvrables. Ledit rapport doit inclure des éléments suivants: 1º kopi z’ibibazo byabajijwe n’ibisubizo byabyo 1º copies of questions given and their answers 1º les copies des questions posées, leurs réponses mu bizamini byose; in all exams; pour tous les examens; 2º aho ibizamini byabereye, itariki, n’isaha; 2º the venue where exams were conducted, date 2º le lieu, la date et l’heure où les examens ont eu and time; lieu; 3º amajwi n’amashusho yafashwe mu gihe cy’ikizamini cyo mu buryo bw’ikiganiro. 3º audio visual recordings made during oral 3º les enregistrements audio-visuels faits durant exams. l’examen oral; raporo Igikorwa cyo gushyikiriza Komisiyo y’amapiganwa kireba inzego zose zo mu butegetsi bwa Leta ariko ntikibuza urwego rushaka abakozi guhita rushyira mu myanya abakozi batsinze ipiganwa. Submission of the report to the Commission is an obligation for all public institutions but must not hinder the immediate appointment of successful candidates by the recruiting institution. La transmission du rapport des concours à la Commission est une obligation pour toutes les institutions publiques mais ne doit pas entraver l’affectation immediate des candidats qui ont réussi par l’institution qui désire recruter. - 38 Verify source ↗
Isuzumwa rya raporo
AI-assisted research summary: The Commission must examine recruitment reports from institutions and may require corrections or a repeat of examinations.
Ingingo ya 38: Isuzumwa rya raporo Article 38: Evaluation of report Article 38: Evaluation du rapport UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA CHAPTER VI: FINAL PROVISIONS CHAPITRE VI: DISPOSITIONS FINALES Ingingo ya 38: Isuzumwa rya raporo Article 38: Evaluation of report Article 38: Evaluation du rapport Komisiyo isuzuma raporo zose z’amapiganwa ishyikirizwa n’inzego. The Commission examines all recruitment reports submitted by institutions. La Commission examine tous les rapports de recrutement qui lui sont transmis par les institutions. Iyo Komisiyo isanze hari amategeko atarubahirijwe yandikira urwego rwakoresheje ibizamini irusaba gukosora, ibitagenze neza mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’akazi. If the Commission finds that certain legal procedures were not respected, it requests in writing the recruiting institution to correct any irregularities within a period not exceeding seven (7) working days. Si la Commission constate que certaines procédures légales n’ont pas été respectées, elle demande à l’institution qui désire recruter de corriger les erreurs dans un délai ne dépassant pas sept (7) jours ouvrables. Iyo bibaye ngombwa Komisiyo isaba urwego rushaka abakozi gusubirishamo ibyo bizamini. The Commission may, where necessary, require examinations to be redone. La Commission peut, en cas de besoin, exiger que les examens soient repris. 63 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA CHAPTER VI: FINAL PROVISIONS CHAPITRE VI: DISPOSITIONS FINALES - 39 Verify source ↗
Abashinzwe gushyira mu bikorwa
AI-assisted research summary: The Prime Minister, the Minister of Public Service and Labour, and the Minister of Finance and Economic Planning are responsible for implementing this Order.
Ingingo ya 39: Abashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka Article 39: Authorities responsible for the implementation of this Order Article 39: Autorités chargées de l’exécution du présent arrêté Ingingo ya 39: Abashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka Article 39: Authorities responsible for the implementation of this Order Article 39: Autorités chargées de l’exécution du présent arrêté Minisitiri w’Intebe, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka. The Prime Minister, the Minister of Public Service and Labour and the Minister of Finance and Economic Planning are entrusted with the implementation of this Order. Le Premier Ministre, le Ministre de la Fonction Publique et du Travail et le Ministre des Finances et de la Planification Economique sont chargés de l’exécution du présent arrêté. - 40 Verify source ↗
Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije
AI-assisted research summary: This article repeals Presidential Order n°46/01 of 29/07/2011 and any earlier provisions that conflict with this Order.
Ingingo ya 40: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka Article 40: Repealing provision Article 40: Disposition abrogatoire Ingingo ya 40: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka Article 40: Repealing provision Article 40: Disposition abrogatoire Iteka rya Perezida n°46/01 ryo ku wa 29/07/2011 rigena uburyo bwo gushaka no gushyira mu myanya abakozi bakora mu nzego z’imirimo ya Leta kimwe n’izindi ngingo zose z’amateka abanziriza ryo bivanyweho. zinyuranyije na iri kandi Presidential Order n° 46/01 of 29/07/2011 governing modalities recruitment, appointment and nomination of public servants and all other prior provisions contrary to this Order are repealed. the for L’Arrêté Présidentiel n° 46/01 du 29/07/2011 déterminant recrutement, les modalités de d’affectation et de nomination des agents de les autres l’administration publique et dispositions antérieures contraires au présent arrêté sont abrogées. toutes - 41 Verify source ↗
Igihe
AI-assisted research summary: This Order starts on the day it is published in the Official Gazette of Rwanda.
Ingingo ya 41: Igihe gukurikizwa iri teka ritangirira Article 41: Commencement Article 41: Entrée en vigueur 41 Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 ITEKA RYA PEREZIDA N°144/01 RYO KU WA 13/04/2017 RIGENA UBURYO BWO GUSHAKA, GUSHYIRAHO NO GUSHYIRA MU MYANYA ABAKOZI BA LETA PRESIDENTIAL ORDER N°144/01 OF 13/04/2017 DETERMINING MODALITIES FOR RECRUITMENT, APPOINTMENT AND PUBLIC SERVANTS NOMINATION OF ARRETE PRESIDENTIEL N°144/01 DU 13/04/2017 LES MODALITES RECRUTEMENT, D’AFFECTATION ET DE NOMINATION DES AGENTS DE L’ETAT DETERMINANT DE Twebwe, KAGAME Paul, Perezida wa Repubulika; We, KAGAME Paul, President of the Republic; Nous, KAGAME Paul, Président de la République; Dushingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 112, iya 120, iya 122 n’iya 176; Pursuant to the Constitution of the Republic of Rwanda of 2003 revised in 2015, especially in Articles 112, 120, 122 and 176; Vu la Constitution de la République du Rwanda du 2003 révisée en 2015, spécialement en ses articles 112, 120, 122 et 176; Dushingiye ku Itegeko n°86/2013 ryo ku wa 11/09/2013 rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba Leta, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 8; Pursuant to Law n°86/2013 of 11/09/2013 establishing the general statutes for public service, especially in Article 8; Vu la Loi n°86/2013 du 11/09/2013 portant statut général de la fonction publique, spécialement en son Ingingo ya 41: Igihe gukurikizwa iri teka ritangirira Article 41: Commencement Article 41: Entrée en vigueur teka ritangira Iri ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. gukurikizwa This Order comes into force on the date of its publication in the Official Gazette of the Republic of Rwanda. Le présent arrêté entre en vigueur le jour de sa publication au Journal Officiel de la République du Rwanda. Kigali, ku wa 13/04/2017 Kigali, on 13/04/2017 Kigali, le 13/04/2017 64 (sé) KAGAME Paul Perezida wa Repubulika (sé) MUREKEZI Anastase Minisitiri w’Intebe Official Gazette nᵒ 18 of 01/05/2017 (sé) KAGAME Paul President of the Republic (sé) MUREKEZI Anastase Prime Minister (sé) KAGAME Paul Président de la République (sé) MUREKEZI Anastase Premier Ministre Bibonywe kandi bishyizweho Ikirango cya Repubulika : Seen and sealed with the Seal of the Republic: Vu et scellé du Sceau de la République : (sé) BUSINGYE Johnston Minisitiri w’Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta (sé) BUSINGYE Johnston Minister of Justice/Attorney General (sé) BUSINGYE Johnston Ministre de la Justice/Garde des Sceaux 65
Provision text is displayed from LexChat’s stored statute record. Use the official source links to verify amendments, commencement, and current legal force.
Ask AI about this statute
PRESIDENTIAL ORDER N°144/01 OF 13/04/2017 DETERMINING MODALITIES FOR RECRUITMENT, APPOINTMENT AND NOMINATION OF PUBLIC SERVANTS
Sign in to ask AI about this statute
Sign in to start authenticated, citation-grounded statute research.
Sign in